Assoc. Prof. Irenee Ndayambaje

1.8K posts

Assoc. Prof. Irenee Ndayambaje banner
Assoc. Prof. Irenee Ndayambaje

Assoc. Prof. Irenee Ndayambaje

@ndbje

Associate Professor , Educational Policy and Planning

Kigali Katılım Haziran 2009
447 Takip Edilen1.6K Takipçiler
Assoc. Prof. Irenee Ndayambaje retweetledi
KINYAMATEKA
KINYAMATEKA@Kinyamateka_KM·
Kuri iki cyumweru cya kane cya Pasika, Kiliziya irahimbaza icyumweru cy'umushumba mwiza. Ni icyumweru Kiliziya isabira ko hakomeza kuboneka abiyegurira Imana kugira ngo bakomeza gukora ubutumwa mu ishusho ya Kristu umushumba mwiza ukomeza gukenura ubushyo bwe muri Kiliziya. Kuri iki cyumweru, hirya no hino mu maparuwasi hakorwa ibikorwa bitandukanye bigamije gushishikariza urubyiruko kwiyegurira Imana kugira ngo mu bihe bizaza Kiliziya izakomeze kugira Abiyeguriyimana: Abapadiri, Abikira n'Abafurere benshi kandi beza. Imibare igaragaza uko ukwemera Gatolika kwifashe ku isi, imibare ya 2025, igaragaza ko n'ubwo abakristu Gatolika bakomeje kwiyongera, Abapadiri n'abiyegurira Imana muri rusange bagenda bagabanuka. Urugero ni nk'imibare y'abapadiri yagabanutseho 734 ugereranyije n'imibare y'umwaka wa 2024. Naho Ababikira bakagabanukaho 9730. Ni mu gihe Abafurere bo bagabanutseho 660. Kugera ubu aho bigaragara ko Abapadiri n'Abihayimana biyongera ni muri Afurika no muri Aziya ari na cyo gisobanura ikintu kigaragara muri iki gihe cy'ubwinshi bw'abapadiri n'Abiyeguriyimana bo kuri iyi migabana bakorera ubutumwa i Burayi no muri Amerika aho imibare y'Abiyeguriyimana igenda igabanuka buri mwaka. Ngo inkoni ikubise mukeba uyirenza urugo. Uko Ibihugu byakataje mu majyambere bigenda bitera umugongo ubutumwa bwo gukorera Imana ni na ko n'ino, ejo ejo bundi n'ino byahagera. Birakwiye ko abakristu bakomeze kugira uruhare mu gufasha Kiliziya kugira abiyeguriyimana kugira ubutumwa bwa Yezu bwo gukenura intama ze buzakomeze kugenda neza no mu bihe bizaza. Yezu ati " Imirima yeze ni myinshi ariko abasaruzi ni bake, musabe rero nyirimyaka yohereze abasaruzi mu mirima ye". (LK10,2)
KINYAMATEKA tweet mediaKINYAMATEKA tweet media
Filipino
2
4
28
3K
Assoc. Prof. Irenee Ndayambaje retweetledi
COL
COL@COL4D·
Dr Nomusa Dube-Ncube, Deputy Minister of Higher Education and Training, South Africa, addressed delegates from across the Southern Africa region at a workshop on Open Educational Resources (OER) and AI in Johannesburg this week, affirming the importance of African-led collaboration in shaping the future of teacher education. She expressed appreciation for COL’s support at the workshop and described the gathering as “a strategic convergence of institutions, a convergence of ideas, a convergence of intellect.” She also reminded participants that the future of education in Africa will not be shaped by “isolated excellence, but by co-ordinated capabilities,” called on institutions to move beyond discussion to implementation, and encouraged cross-border collaboration to build systems that can produce, share, and sustain knowledge for the entire continent. The regional workshop, supported by COL, was co-hosted by DHET, the University of the Witwatersrand (@WitsUniversity), and the African Deans of Education Forum (ADEF).
HigherEducationZA@HigherEduGovZA

[LINK] Deputy Minister Dube-Ncube addresses the Regional Workshop on Open Educational Resources (OER) including Artificial Intelligence (AI) in Teacher Education facebook.com/share/v/1LqLYS… #OER #HigherEducationMattersZA

English
0
1
4
254
Assoc. Prof. Irenee Ndayambaje retweetledi
KINYAMATEKA
KINYAMATEKA@Kinyamateka_KM·
Ibyishimo by'aba Pueri Cantores ba Gitarama na Kicukiro bari kumwe na Padiri Gwiza Joseph. #KMAmakuru
Filipino
0
1
3
312
Assoc. Prof. Irenee Ndayambaje retweetledi
KINYAMATEKA
KINYAMATEKA@Kinyamateka_KM·
Irebere iyo abana b'abaririmbyi Pueri Cantores bahuye, biba ari ibyishimo gusa gusa. #KMAmakuru
Indonesia
1
1
8
663
Assoc. Prof. Irenee Ndayambaje retweetledi
KINYAMATEKA
KINYAMATEKA@Kinyamateka_KM·
''Tunejerejwe no kuba uyu munsi turi kumwe na Pueri Cantores ya Gitarama yaje kureba aho imyiteguro igeze.’’ Padiri Gwiza Joseph #KMAmakuru
KINYAMATEKA tweet media
Filipino
0
1
6
402
Assoc. Prof. Irenee Ndayambaje retweetledi
KINYAMATEKA
KINYAMATEKA@Kinyamateka_KM·
Pueri Cantores Gitarama iti ''Muhaguruke dushime umucunguzi, mumuhe amashyi n'impundu ko yadukunze akanadupfira.'' #KMAmakuru
Filipino
0
1
11
670
Assoc. Prof. Irenee Ndayambaje retweetledi
KINYAMATEKA
KINYAMATEKA@Kinyamateka_KM·
Padiri Gwiza Joseph, yashimiye abana b’Abaririmbyi Pueri Cantore ba Gitarama basuye bagenzi babo, ndetse yongera kubashimira kuba baremeye kubabera ababyeyi mu gihe baza bakiriwe. #KMAmakuru
KINYAMATEKA tweet mediaKINYAMATEKA tweet media
Indonesia
0
1
4
280
Assoc. Prof. Irenee Ndayambaje retweetledi
KINYAMATEKA
KINYAMATEKA@Kinyamateka_KM·
''Tariki ya 16 Kanama 2026 nibwo tuzakira amasezerano ya mbere ku bana b’abaririmbyi Pueri Cantores Kicukiro basaga 60 bakomeje gutegurwa.’’ Padiri Gwiza Joseph #KMAmakuru
KINYAMATEKA tweet media
Indonesia
0
2
6
330
Assoc. Prof. Irenee Ndayambaje retweetledi
KINYAMATEKA
KINYAMATEKA@Kinyamateka_KM·
''Turashimira inshuti z’abana komite y’ababyeyi n’abandi bose barimo kudufasha mu ishingwa ry’umuryango Pueri Cantores Itorero rya Kicukiro izavuka muri uyu mwaka.’’ Padiri Gwiza Joseph #KMAmakuru
KINYAMATEKA tweet mediaKINYAMATEKA tweet media
Indonesia
0
1
11
435
Assoc. Prof. Irenee Ndayambaje retweetledi
KINYAMATEKA
KINYAMATEKA@Kinyamateka_KM·
''Urugendo rwo kuvugisha Pueri Cantores Kicukiro turugeze kure, kandi turiteguye ya mashyiga 3 y’ingenzi ari yo Kiliziya, abana n’ababyeyi twese duhagaze neza.’’ Padiri Gwiza Joseph #KMAmakuru
KINYAMATEKA tweet media
Indonesia
0
1
6
301
Assoc. Prof. Irenee Ndayambaje retweetledi
KINYAMATEKA
KINYAMATEKA@Kinyamateka_KM·
Ifoto itazibagirana hagati ya Pueri Cantores Gitarama na Pueri Cantores Kicukiro yitegura guhabwa amasezerano. #KMAmakuru
KINYAMATEKA tweet mediaKINYAMATEKA tweet media
Indonesia
0
1
7
616
Assoc. Prof. Irenee Ndayambaje retweetledi
KINYAMATEKA
KINYAMATEKA@Kinyamateka_KM·
Padiri Gwiza Joseph, Ukorera ubutumwa muri Paruwasi ya Kicukiro, niwe uyoboye Igitambo cya Misa, aho aba Pueri Cantores Itorero rya Gitarama bagiriye uruzinduko rwo gusura abana ba Paruwasi Kicukiro bazakirwa mu muryango w’abana b’Ababaririmbyi Pueri Cantores mu kwezi kwa Kanama uyu mwaka wa 2026. #KMAmakuru
KINYAMATEKA tweet media
Indonesia
0
1
19
1.5K
Assoc. Prof. Irenee Ndayambaje retweetledi
KINYAMATEKA
KINYAMATEKA@Kinyamateka_KM·
Nyuma y’igitambo cya Misa ibirori byo kwakira Pueri Cantores ya Gitarama byakomereje mu nzu mberabyombi ya Paruwasi Kicukiro barasabana. #KMAmakuru
KINYAMATEKA tweet mediaKINYAMATEKA tweet mediaKINYAMATEKA tweet mediaKINYAMATEKA tweet media
Indonesia
0
2
8
641
Assoc. Prof. Irenee Ndayambaje retweetledi
KINYAMATEKA
KINYAMATEKA@Kinyamateka_KM·
Mu nyigisho ye Padiri Gwiza Joseph, Ukorera ubutumwa muri Paruwasi ya Kicukiro, yasabye abakiristu kurushaho gukunda Yezu kandi bakamwizera bakirinda kugamburuzwa n’ibibazo n’ibizazane ibyo ari byo byose. #KMAmakuru
KINYAMATEKA tweet mediaKINYAMATEKA tweet mediaKINYAMATEKA tweet mediaKINYAMATEKA tweet media
Filipino
0
1
10
742
Assoc. Prof. Irenee Ndayambaje retweetledi
KINYAMATEKA
KINYAMATEKA@Kinyamateka_KM·
Aba Pueri Cantores ba Paruwasi ya Kicukiro bari kwitegura amasezerano mu Kanama 2026, bazabyarwa nabo muri Gitarama. #KMAmakuru
KINYAMATEKA tweet mediaKINYAMATEKA tweet mediaKINYAMATEKA tweet media
Indonesia
0
2
9
475
Assoc. Prof. Irenee Ndayambaje retweetledi
KINYAMATEKA
KINYAMATEKA@Kinyamateka_KM·
Pueri Cantores ya Gitarama yahaye impano Padiri Gwiza Joseph, imushimira kuba barabahisemo nk’ababyeyi ba Pueri Cantores ya Kicukiro igiye kuvuka. Ni impano ya Domiko Savio umurinzi w’abana b’abaririmbyi Pueri Cantores. #KMAmakuru
KINYAMATEKA tweet mediaKINYAMATEKA tweet media
Filipino
0
2
10
1.1K
Assoc. Prof. Irenee Ndayambaje retweetledi
KINYAMATEKA
KINYAMATEKA@Kinyamateka_KM·
''Ntabwo uyu muryango Pueri Cantores Itorero rya Kicukiro, uzarenza mu kwezi kwa Kanama utakiriwe, amatariki tuzayabamenyesha.’’ Padiri Gwiza Joseph #KMAmakuru
KINYAMATEKA tweet mediaKINYAMATEKA tweet media
Indonesia
1
2
7
661
Assoc. Prof. Irenee Ndayambaje retweetledi
KINYAMATEKA
KINYAMATEKA@Kinyamateka_KM·
Hildebrand Abizera, Umwigisha w’indirimbo muri Pueri Cantores ya Gitarama yavuze ko bishimiye kuba abana b’abaririmbyi Pueri Cantores Itorero rya Kicukiro rigiye kuvuka bakaba bagiye kubabyara. Ati ''Aba ni aba Kane tugiye kubyara nyuma ya Kivumu, Cyeza na Kibuye yo muri Diyosezi ya Nyundo.'' #KMAmakuru
KINYAMATEKA tweet media
Filipino
0
2
13
1.6K
Assoc. Prof. Irenee Ndayambaje retweetledi
KINYAMATEKA
KINYAMATEKA@Kinyamateka_KM·
''Dufite umubare muto cyane, rero turasaba ababyeyi batarazana abana babo muri uyu muryango kudufasha kugira ngo babohereze. Ni umuryango ukuriramo abana kugira ngo bakure basingiza Imana kandi bayikunda, babyeyi mubemerere bazaze, abana muri hano tubakumbuje kuzaza muri uyu muryango.’’ Padiri Gwiza Joseph #KMAmakuru
KINYAMATEKA tweet mediaKINYAMATEKA tweet mediaKINYAMATEKA tweet media
Indonesia
0
2
29
4.7K