Post

Conférence Episcopale du Rwanda
Umuvugizi w'Umuryango wa Bibiliya mu Rwanda, Nyiricyubahiro Antoni Karidinali Kambanda, yasoje manda yari yaratorewe. Yashimiye abo bafatanyije muri ubwo butumwa yari amazemo imyaka irenga 10. Asimbuwe kuri ubwo butumwa na Nyiricyubahiro Musenyeri Selesitini Hakizimana.
Conférence Episcopale du Rwanda tweet media
Indonesia
0
4
19
978
Paylaş