
Post


Uyu mwanzuro wa Perezida Félix Tshisekedi wemeza ku mugaragaro ko ingabo na polisi bya RDC byari byari janditse mu bucuruzi n'ubusahuzi bw'amabuye y'agaciro aho kurinda umutekano. gusa ikibazo gikomeye gisigaye ni ukumenya niba koko hari icyizere cy'uko aba basirikare bazemera kuva muri ibi birombe badashyize imbere inyungu zabo bwite. Mu buryo bugaragara bishobora koroha mu mpapuro ariko bikagora kubishyira mu bikorwa kuri tele, kuko kwirukana abasirikare bafite intwaro, amafaranga bakuraga mubucukuzi ngo bajye kumuhanda ubanza bigiye gutuma hashingwa Indi mitwe yitwaje intwaro cyangwa igice cy'abasirikare bakigomeka bakanga guhara ibyo bibuye, bityo iri tegeko rikaba rishobora kubyara akajagari gashya n'imvururu aho kuzana accountabilite n'icyizere mubashoramari byari byitezwe na Kinshasa. 🦅 Urabibona Ute?



