🚨AMAKURU: Ibiro bya Joseph Kabila nyuma yo guhabwa ibihano na Leta Zunze Ubumwe z’Amerika ashinjwa gukorana n’imitwe yitwaje intwaro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, byatangaje ko ibyo yakoze byose byari ukugira ngo agarure ubumwe n’amahoro mu gihugu no mu karere k’ibiyaga bigari no gushaka umuti wa politiki uhuza impande zombi ku bibazo bya Congo.
Ibi biro byasabye Leta Zunze Ubumwe z’Amerika ko yagira uruhare rugaragara mu gushaka igisubizo kirambye ku bibazo bya RDC, avuga ko ibyo bibazo bitagarukira ku mutekano gusa cyangwa ku burasirazuba bw’igihugu, ahubwo ko harimo n’ibibazo bikomeye by’imiyoborere ya politiki n’ubukungu bigira ingaruka ku gihugu cyose. #Ukwelinews@PhilcollensH
UGANDA: Urukiko rukuru rwakatiye Christopher Okello Onyum urwo gupfa amanitswe nyuma yo kumuhamya kwica abana bane b’incuke akoresheje icyuma, abasanze ku ishuri i Kampala.
Okello yavuze ko yari afite uburwayi bukomeye bwo mu mutwe bityo atigeze acura umugambi wo kwica.
🔴 | Tayali amasaaha y'akazi arageze!
Aka Kanya, Muyango Claudine mu modoka ye afashe urugendo yerekeza Kicukiro Centre aho agiye gu 'hostinga' , ibirori mu kabari kiyubashye ka Green Lounge.
Uretse Muyango abantu bari muri aka kabari muri uyu mugoroba, baravangirwa Umuziki na DJ PhilPeter.
Welcome to the Night Life. 🇷🇼✨🎶
@weloveghana042 I want to call on every person, wherever they are in the world, to hunt down South Africans. All South Africans must pay for the stupid things they did to our brothers and sisters.
Another disturbing video shows how black foreigners are being treated in Durban, South Africa, while security personnel look on without taking any action.
Twizerimana Jean de Dieu w’imyaka 22 wo mu Karere ka Nyabihu arembeye kwa muganga, nyuma y’uko agerageje kwiyahura bitewe n’umujinya bikekwa ko wakuruwe n’uko iwabo banze kumutekera umureti n’ibirayi byo mu mavuta bizwi nk’ibya mucoma.
Inkuru irambuye ⤵️🔗
tinyurl.com/ycxbbmj5
Muraho,
Amande ya kabiri mwandikiwe na camera saa 03h42 za mu gitondo aho bita Kinunga mu Karere ka Kicukiro, aho mwari mutwaye ku muvuduko wa 102 km/h. Amande ya gatatu yo yanditswe saa 15h58 za manywa aho bita Taba mu Karere ka Huye, aho mwari mutwaye ku muvuduko wa 96 km/h.
Murasabwa kwirinda gutwara ku muvuduko urenze uwagenwe mu rwego rwo kwirinda impanuka.
Murakoze
Après visionnage complet de la scène d’agression gratuite dont la jeune femme a été victime de la part du médecin David, j’ai perdu toute considération pour d’éventuelles circonstances atténuantes au bénéfice de cet individu, qui n’a rien d’un médecin.
Cette salle d’intervention de petite chirurgie ou d’accouchement doit être considérée par la justice congolaise comme une scène de crime. La jeune fille a subi une violence gratuite qui ne s’explique que par le jugement de valeur de David sur sa patiente (« Okeyi ko lokota zemi, pona omonisa bato basi ? »). S’exprimait-il ainsi sur la vidéo. Mes frères du Message du Temps de la Fin zélés, se caractérisent souvent par la facilité à porter un jugement sur les autres. Qui souvent engendre prejudices à autrui.
David s’est senti investi d’un droit divin de non seulement juger, mais également de corriger sa patiente. La violence à laquelle il a eu recours est complètement disproportionnée par rapport à l’attitude de sa patiente, qui est restée polie malgré l’agression qu’elle subissait de son bourreau en blouse blanche.
La radiation de l’ordre des médecins en RDC est amplement méritée ; il reste à la justice d’infliger à ce frère médecin une condamnation exemplaire.
Jason Derulo uri mu baririmbyi bakora injyana ya R&B bakomeye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yahishuye ko ajya agorwa no kwemera ko agize imyaka 37 akiri ingaragu. yavuze ko yakuranye inzozi zo gushaka umugore akiri muto, ashimangira ko amasomo yakuye mu by’urukundo ari yo yatumye atinda gushaka.
Inkuru irambuye ⬇️🔗
igihe.com/imyidagaduro/a…
🔴 | Ngabo Princess Myla, umukobwa w'imfura ya Meddy n'umugore we Mimi Mehfira yujuje imyaka ine y'amavuko.
Abinyujije kuri konti ye ya Instagram, mu ijoro ryo kuri uyu wa Mbere, Meddy yifurije isabukuru nziza umukobwa we avuga ko amukunda urukundo atigeze atekereza ko rubaho.
Ati " Nkukunda urukundo, ntigeze ntekereza ko rubaho"
Tariki ya 22 Werurwe 2022, nibwo Myla Ngabo yabonye izuba, kuri ubu akaba yujuje imyaka ine y'amavuko. #UmunotaNews
🔴 | Umuherwe akaba n'umuyobozi wa sosiyete ya 155Am ifasha abahanzi Kenny Mugarura, yategeye ikipe ya Arsenal miliyoni ebyiri z'amafaranga y'u Rwanda, gutsinda ikipe ya Manchester City mu mukino wanyuma w'igikombe cya Carabao Cup.
Mu gihe Arsenal yatsinda uyu muherwe, azahabwa miliyoni eshatu n'ibihumbi magana ane mirongo inani z'amafaranga y'u Rwanda.
Ni umukino uzaba, ejo ku Cyumweru tariki ya 22 Werurwe 2026, Saa 18h30. #UmunotaNews