
Maya Maya
470 posts










🚨𝐀𝐌𝐀𝐊𝐔𝐑𝐔 𝐀𝐆𝐄𝐙𝐖𝐄𝐇𝐎🚨 Kuri uyu wa Kane, Ubushinjacyaha bwasabye Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge gukatira umunyamakuru Ndahiro Valens Papy igifungo cy’imyaka itanu no kumuca ihazabu ya 1.200.000 Frw. Uru rubanza rushingiye ku kirego cyatanzwe n’umushoramari Ndayisenga Materne, ushinja uyu munyamakuru kumutangazaho amakuru y’ibihuha no kumutukira mu ruhame.

Umunyamakuru Sam Karenzi akaba n'Umuyobozi wa Radio SK FM, yatangaje ko iki gitangazamakuru cyatandukanye n'abanyamakuru Cedick Keza na Alan Ruberwa, kubera umusaruro muke. Mu kiganiro cyatambutse ku muyoboro wa YouTube, Karenzi yagize ati "Tumaze umwaka dukora , nyuma y'umwaka rero buri mukozi wese wo kuri SK FM yari abizi neza ko hazabaho igihe cyo gusuzuma ibyo yakoze." "Iyo rero umwaka ushize, tukabona mu by'ukuri ibyo dutanga ntabwo bigaruka, dutekereza andi mahitamo. Ibyo dutanga bigomba kugaruka, iyo bitagaruka tugomba gutekereza andi mahitamo. Njye n'abo dufatanyije kuyobora SK FM,nta kindi kibazo kirimo, ni ubucuruzi, tureba ibiteza imbere ikigo" Kuva muri Gashyantare 2025, Cedrick Keza na Alan Ruberwa bari abanyamakuru ba Radio SK FM, aho bagiraga uruhare mu biganiro ndetse na gahunda z’imikino zinyuranye. Bamaze kwerekeza kuri Radio 10. #IGIHESports

Rayon Sports yaruhuye Abakinnyi kubera kwitegura Finali y'Igikombe cy'Amahoro, inganyije na Gorilla FC yakuyemo!!! Kwizera, Diagne, Tshimanga, Asman, ntabwo bari no mubasimbura! Ganijuru na Tambwe ntabwo ba banjemo bari musimbura. Aba n'Abakinnyi 6 ba banzamo muri 11!




Umunyamakuru Sam Karenzi akaba n'Umuyobozi wa Radio SK FM, yatangaje ko iki gitangazamakuru cyatandukanye n'abanyamakuru Cedick Keza na Alan Ruberwa, kubera umusaruro muke. Mu kiganiro cyatambutse ku muyoboro wa YouTube, Karenzi yagize ati "Tumaze umwaka dukora , nyuma y'umwaka rero buri mukozi wese wo kuri SK FM yari abizi neza ko hazabaho igihe cyo gusuzuma ibyo yakoze." "Iyo rero umwaka ushize, tukabona mu by'ukuri ibyo dutanga ntabwo bigaruka, dutekereza andi mahitamo. Ibyo dutanga bigomba kugaruka, iyo bitagaruka tugomba gutekereza andi mahitamo. Njye n'abo dufatanyije kuyobora SK FM,nta kindi kibazo kirimo, ni ubucuruzi, tureba ibiteza imbere ikigo" Kuva muri Gashyantare 2025, Cedrick Keza na Alan Ruberwa bari abanyamakuru ba Radio SK FM, aho bagiraga uruhare mu biganiro ndetse na gahunda z’imikino zinyuranye. Bamaze kwerekeza kuri Radio 10. #IGIHESports





Umunyamakuru Sam Karenzi akaba n'Umuyobozi wa Radio SK FM, yatangaje ko iki gitangazamakuru cyatandukanye n'abanyamakuru Cedick Keza na Alan Ruberwa, kubera umusaruro muke. Mu kiganiro cyatambutse ku muyoboro wa YouTube, Karenzi yagize ati "Tumaze umwaka dukora , nyuma y'umwaka rero buri mukozi wese wo kuri SK FM yari abizi neza ko hazabaho igihe cyo gusuzuma ibyo yakoze." "Iyo rero umwaka ushize, tukabona mu by'ukuri ibyo dutanga ntabwo bigaruka, dutekereza andi mahitamo. Ibyo dutanga bigomba kugaruka, iyo bitagaruka tugomba gutekereza andi mahitamo. Njye n'abo dufatanyije kuyobora SK FM,nta kindi kibazo kirimo, ni ubucuruzi, tureba ibiteza imbere ikigo" Kuva muri Gashyantare 2025, Cedrick Keza na Alan Ruberwa bari abanyamakuru ba Radio SK FM, aho bagiraga uruhare mu biganiro ndetse na gahunda z’imikino zinyuranye. Bamaze kwerekeza kuri Radio 10. #IGIHESports





Umuryango mugari wa Radiotv10 wishimiye guha ikaze abanyamakuru b’imikino barimo Cedrick Imanishimwe (Keza) na Alan Ruberwa. Mudufashe kubakira no kubaha ikaze mu muryango wacu Mwiza.

Umuryango mugari wa Radiotv10 wishimiye guha ikaze abanyamakuru b’imikino barimo Cedrick Imanishimwe (Keza) na Alan Ruberwa. Mudufashe kubakira no kubaha ikaze mu muryango wacu Mwiza.


Umuryango mugari wa Radiotv10 wishimiye guha ikaze abanyamakuru b’imikino barimo Cedrick Imanishimwe (Keza) na Alan Ruberwa. Mudufashe kubakira no kubaha ikaze mu muryango wacu Mwiza.























