rua rwanda

919 posts

rua rwanda banner
rua rwanda

rua rwanda

@rua_rwanda

all news here. parody account

Katılım Kasım 2025
4.2K Takip Edilen1.6K Takipçiler
Sabitlenmiş Tweet
rua rwanda
rua rwanda@rua_rwanda·
Rwanda Premier League yatangaje ko muri uyu mwaka w’imikino hazatangwa ibikombe bibiri muri BK Pro League, nyuma yo kwakira amakipe yo muri Sudan akina shampiyona yayo mu Rwanda. Nk’uko byasobanuwe na RPL na FERWAFA, ikipe yo muri Sudani nizasoza iri ku mwanya wa mbere izahabwa igikombe cya “BK Pro League Champions 2025/2026” ndetse inahabwe ibihembo by’amafaranga. Icyakora kandi, hazanatangwa ikindi gikombe ku ikipe y’u Rwanda izaba yitwaye neza kurusha izindi muri shampiyona, ari na yo izahagararira igihugu muri CAF Champions League 2026/2027. RPL yavuze ko ikipe izatwara Igikombe cy’Amahoro cyangwa iyikurikiye ku rutonde rwa shampiyona ari yo izaserukira u Rwanda muri CAF Confederation Cup, hakurikijwe amategeko ya FERWAFA. RPL yashimiye amakipe yo muri Sudani yitabiriye BK Pro League, ivuga ko uruhare rwayo rukomeje kuzamura urwego rw’irushanwa n’umupira w’amaguru muri rusange. #Ruanews #Ruarwanda
rua rwanda tweet mediarua rwanda tweet media
Indonesia
0
2
12
293
rua rwanda
rua rwanda@rua_rwanda·
👌👌👌😘😘✅
QME
0
0
0
1
rua rwanda
rua rwanda@rua_rwanda·
b threy ni muzima
Eesti
0
0
0
6
rua rwanda
rua rwanda@rua_rwanda·
b.threy atubwiye bimwe mu byo tutazi ku mugore we keza
Indonesia
0
0
0
3
rua rwanda
rua rwanda@rua_rwanda·
Umutoza Hansi Flick yongereye amazerano muri FC Barcelona azageza muri Kamena 2028.
rua rwanda tweet media
Suomi
0
0
0
3
rua rwanda
rua rwanda@rua_rwanda·
b threy ati inda yanjye ni katorike 🤣
HT
0
0
0
12
rua rwanda
rua rwanda@rua_rwanda·
Umunyabigwi muri Basketball, Masai Ujiri, yahishuye ko icyamamare mu muziki Drake yifuzaga gutaramira i Kigali mu 2023, ariko gahunda irapfuba kubera ikibazo cy’ibikorwaremezo bike byo kwakira ibitaramo bikomeye mu bindi bihugu bya Afurika. Ibi Masai Ujiri yabigarutseho mu nama mpuzamahanga y’abayobozi bakuru b’ibigo izwi nka Africa CEO Forum 2026, yabereye i Kigali, aho haganiriwe ku ruhare rwa siporo mu guteza imbere ubukungu bwa Afurika. Yagize ati: “Igihe nakoraga iserukiramuco ryanjye rya mbere rya Giants of Africa mu 2023, Drake yashakaga kuza agatamira hano, akajya no muri Kenya, Nigeria, Senegal cyangwa Accra muri Ghana, ariko hamwe muri ibi bihugu nta Arena bari bafite birangira ataje.” Masai Ujiri yavuze ko Afurika ikeneye kongera kubaka ibikorwaremezo by’imyidagaduro nka BK Arena, kuko bifasha kwakira ibikorwa bikomeye kandi bikinjiriza ibihugu amafaranga menshi. Yashimangiye ko kuba u Rwanda rufite BK Arena byatumye rwakira ibitaramo by’ibyamamare birimo Doja Cat, John Legend, Kendrick Lamar, Tyla, Davido na Diamond Platnumz. Mu minsi ishize, Drake yongeye kuvugisha benshi nyuma yo gusohora album nshya yise Iceman iriho indirimbo zirimo “Make Them Cry”, “Dust” na “Ran To Atlanta” yakoranye na Future na Molly Santana. Uyu muraperi kandi yasohokanye izindi album ebyiri zirimo Habibti na Maid of Honour, aho agaruka ku buzima bwe ndetse n’ibibazo byo mu ruganda rw’umuziki. #Ruanews #Ruarwanda
rua rwanda tweet media
Indonesia
0
0
1
8
rua rwanda
rua rwanda@rua_rwanda·
🥹 micky Yahawe imyenda yambere yumwana kuri channel yabanaa🥹🔥🔥 juliet🙏🏼
Filipino
0
0
2
11
rua rwanda
rua rwanda@rua_rwanda·
Mu myaka yashize, gukundana n’umugore ukurusha imyaka myinshi byafatwaga nk’icyaha kubera umuco cyangwa ikintu kidasanzwe. Ariko kuri ubu, byabaye ibintu bisanzwe ku rwego mpuzamahanga ndetse no mu mijyi itandukanye, harimo na Kigali. Imibare n’ubushakashatsi bitandukanye bigaragaza ko iyi myitwarire iri kwiyongera cyane mu rubyiruko, cyane cyane ururi hagati y’imyaka 20 na 30. Raporo zitandukanye zigaragaza ko imbuga zo gukundaniraho nka Tinder na Bumble zabonye impinduka, aho abasore benshi batagifite ikibazo cyo gukundana n’abagore babarusha imyaka 10 cyangwa irenga. Ubushakashatsi bunyuranye burimo n’ubwa Pew Research Center bugaragaza ko imitekerereze ya Generation Z yahindutse, aho benshi bavuga ko imyaka itakiri ikintu cy’ingenzi mu rukundo, ahubwo hakarebwa “connection” n’ituze ry’imibanire. Impamvu zikunze gutangwa n’abahanga n’urubyiruko: 1. Kuba nta “drama” nyinshi mu rukundo Abasore benshi bavuga ko abagore bakuze baba bazi icyo bashaka, bakirinda imikino n’amakimbirane adafite icyo ashingiyeho. 2. Ubwisanzure mu bukungu Abagore bakuze benshi baba bafite akazi cyangwa ubuzima bwubatse, bigatuma umubano uba uwo gufashanya aho kuba uwo gutunga undi. 3. Icyizere n’ubwigenge Abagore bakuze bakunze kurangwa n’icyizere cyabo, bakamenya kuvuga icyo bashaka n’icyo batemera, bikakurura abasore benshi. 4. Ubunararibonye mu buzima Ibiganiro byabo biba bifite ireme, bikaba byafasha mu gufata imyanzuro no gukura mu mitekerereze. 5. Guhinduka kw’imitekerereze ya sosiyete Abasore bo muri iki gihe ntibakibona imyaka nk’imbogamizi, ahubwo bashyira imbere kwiyumvanamo. #Ruanews #Ruarwanda
rua rwanda tweet media
Filipino
0
0
0
8
rua rwanda
rua rwanda@rua_rwanda·
🔥🔥🔥🔥
QME
0
0
1
8
rua rwanda
rua rwanda@rua_rwanda·
burikantu Arashinza chiboo._ kumutwarira umugore None ntagitanga i Poshooo🤷🏼‍♂️🤷🏼‍♂️😂😂 Show yose yageze kuri Channel yabana Rua Rwanda🔥
Filipino
0
0
1
9
rua rwanda
rua rwanda@rua_rwanda·
Vava yashyize hanze ubuhamya bukomeye ashinja uwari umukunzi we Yampano kumuhohotera bikomeye. Ni mu kiganiro cya tiktok live cyakozwe na Godfather, aho Vava yagaragaje amafoto n’amashusho avuga ko ari ibikomere yatewe na Yampano, birimo gukomereka ku mazuru, ibikomere ku mubiri ndetse n’amashusho agaragaza ibintu bitandukanye yavuze ko bifitanye isano n’icyo kibazo. Vava avuga ko ikibazo cyatangiye ku wa 24 Werurwe 2026 ubwo bari mu modoka berekeza muri sauna, aho batumvikanye ku ikoreshwa rya telefone igihe Yampano yari atwaye. Avuga ko byaje gukurura intonganya zikomeye kugeza ubwo yasohowe mu modoka. Akomeza avuga ko nyuma y’aho Yampano yaje kubagonga bari kuri moto, bikaba byarabateje ibikomere bikomeye, ndetse avuga ko nyuma y’impanuka yaje kumufungirana mu nzu akamwaka telefone kugira ngo atabivuga. Vava kandi yagaragaje ubutumwa avuga ko Yampano yamwoherereje amutera ubwoba ko yakwiyahura naramuka agejeje ikibazo mu nzego z’ubutabera. Amakuru akomeza avuga ko nyuma y’ibi, Yampano yaje guhungira i Rubavu, ariko nyuma aza kwitaba inzego z’ubugenzacyaha aho dosiye ye iri gukorwaho iperereza. Ubu aba bombi bakomeje kuvugwaho cyane, mu gihe inzego zibishinzwe zikomeje iperereza kuri iki kibazo bivugwa ko kiri mu butabera. #Ruanews #Ruarwanda
rua rwanda tweet media
Filipino
0
0
1
19
rua rwanda
rua rwanda@rua_rwanda·
inama yumunsi 👌👌
Indonesia
0
0
2
14
rua rwanda
rua rwanda@rua_rwanda·
Inama ya christian irumvikana se?
Indonesia
0
0
2
15
rua rwanda
rua rwanda@rua_rwanda·
Let’s goooo HOBE MOVIE
English
0
0
2
7
rua rwanda
rua rwanda@rua_rwanda·
Perezida wa Nigeria, Bola Ahmed Tinubu, yatangaje ko Abanyarwanda batagisabwa Visa kugira ngo bajye muri Nigeria. Ni icyemezo cyafashwe nyuma y’ibiganiro yagiranye na Paul Kagame ubwo yari i Kigali yitabiriye inama ya Africa CEO Forum 2026. Abanyarwanda bemerewe kumara iminsi 30 muri Nigeria badafite Visa, mu gihe ushaka kurenza iyo minsi ari we uzajya ayisaba. #Ruanews #Ruarwanda
rua rwanda tweet mediarua rwanda tweet media
Filipino
0
0
2
8
rua rwanda
rua rwanda@rua_rwanda·
Umuraperi Drake yavugishije isi y’umuziki nyuma yo gusohora album eshatu nshya icyarimwe zirimo ICEMAN, Habibti na Maid of Honour, zifite hamwe indirimbo 43. Izi album zasohotse mu ijoro ryo ku wa 15 Gicurasi 2026, ibintu byatumye abafana be benshi bahita bajya ku mbuga zo kumviraho umuziki icyarimwe, bikaviramo Spotify na Apple Music kugira ibibazo by’igihe gito. Abantu barenga 5,000 batangaje ibibazo kuri Spotify mu gihe abarenga 500 babigaragaje kuri Apple Music. Album ICEMAN yibanze cyane kuri Hip Hop na Rap, Habibti ijya mu njyana za R\u0026B, mu gihe Maid of Honour yo yiganjemo injyana za House na Dance. Muri izi album, Drake yakoranye n’abahanzi bakomeye barimo Future, 21 Savage, Central Cee na PARTYNEXTDOOR. Hari kandi indirimbo zirimo amagambo benshi bafashe nk’aho ari ibitero kuri Kendrick Lamar nyuma y’amakimbirane akomeye aba bombi bamazemo igihe. Ku mbuga nkoranyambaga, bamwe mu bafana bashimye uburyo Drake yatunguye abantu, mu gihe abandi bavuze ko album eshatu icyarimwe ari nyinshi cyane ku buryo bigoye kuzumva no kuzisobanukirwa neza mu gihe gito. #Ruanews #Ruarwanda
rua rwanda tweet media
Indonesia
0
0
1
9
rua rwanda
rua rwanda@rua_rwanda·
Wowe ujya ufasha umwana wawe kwizihiza umunsi we w'amavuko?
हिन्दी
0
0
2
14
rua rwanda
rua rwanda@rua_rwanda·
🙆🏼‍♂️🔥🔥🔥🔥
QME
0
0
2
15