




Ministry of Education | Rwanda
20.6K posts

@Rwanda_Edu
The Official X account of the Ministry of Education, Government of Rwanda.




















Today, the Minister of State for Education, @ClaudetteIrere, joined officials from key industry partners RwandAir, Rwanda Airports Company, and Akagera Aviation to launch the Airline & Airport Management and Logistics & Supply Chain Management programmes at @Kigali_College. These programmes aim to equip students with practical, industry-relevant skills, aligned with Rwanda’s ambition to become a regional hub for air transport, tourism, and logistics. The event also marked the inauguration of a modern Airport Simulator Workshop and Smart Classroom, further strengthening hands-on training and real-world learning.
































Uyu munsi, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Uburezi, @ClaudetteIrere , yitabiriye igikorwa cyo kwizihiza ubutwari bw’abari abanyeshuri b’i Nyange, cyizihijwe ku nshuro ya 29. Mu ijoro ryo ku wa 18 rishyira ku wa 19 Werurwe 1997, ubwo iri shuri ryagabwagaho igitero n’abacengezi, basabye abanyeshuri kwitandukanya hashingiwe ku byitwaga “ubwoko”. Aba banyeshuri bahisemo ubumwe bw’Abanyarwanda, banga kwitandukanya. Basubije abacengezi amagambo akomeye bagira bati: “Twese turi Abanyarwanda.”




Uyu munsi, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Uburezi, @ClaudetteIrere , yitabiriye igikorwa cyo kwizihiza ubutwari bw’abari abanyeshuri b’i Nyange, cyizihijwe ku nshuro ya 29. Mu ijoro ryo ku wa 18 rishyira ku wa 19 Werurwe 1997, ubwo iri shuri ryagabwagaho igitero n’abacengezi, basabye abanyeshuri kwitandukanya hashingiwe ku byitwaga “ubwoko”. Aba banyeshuri bahisemo ubumwe bw’Abanyarwanda, banga kwitandukanya. Basubije abacengezi amagambo akomeye bagira bati: “Twese turi Abanyarwanda.”




Uyu munsi, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Uburezi, @ClaudetteIrere , yitabiriye igikorwa cyo kwizihiza ubutwari bw’abari abanyeshuri b’i Nyange, cyizihijwe ku nshuro ya 29. Mu ijoro ryo ku wa 18 rishyira ku wa 19 Werurwe 1997, ubwo iri shuri ryagabwagaho igitero n’abacengezi, basabye abanyeshuri kwitandukanya hashingiwe ku byitwaga “ubwoko”. Aba banyeshuri bahisemo ubumwe bw’Abanyarwanda, banga kwitandukanya. Basubije abacengezi amagambo akomeye bagira bati: “Twese turi Abanyarwanda.”