Sabitlenmiş Tweet
wachito 🎯
71.3K posts


@EdmanIshimwee @rbarwanda @RMC_Rwanda @ScoviaMutesi @SandrineISHEJA @ogalorenzo Ubundi uko inyende ikomeza kuzamuka niko yerekana ubwambure bwayo,yahereye kuri mugenzi we mukiganiro live, kugira akwereke urwego rwubujiji ati post ntihagije nkajya live, ubundi bitabaye ninde ukohereje uyu ntakwiye kuba ari muri kiriya kigo RBA 🤷🏻♂️
Indonesia

🚨🚨Breaking news
Dear @rbarwanda @RMC_Rwanda @ScoviaMutesi @SandrineISHEJA uyu ni umunyamakuru Rugaju wiyita umunyamakuru wumwuga arimo gutangaza amakuru ateje inkeke, ari kwandagaza mugenziwe @ogalorenzo
Ikifuzo: yirukanwe ku kigo cyigihugu cy’itangazamakuru
Yamburwe ikarita iranga abanyamakuru bumwuga ya RMC
RIB idufashe ihagarike aka kajagari kari mubanyamakuru ba sports ibintu bitadogera.
Indonesia

@RGisanintwari Ubundi nta ntare yumweru numukara ibaho iyo bayita ihene paaaa
Filipino

@ganza_egide Iyo ubajije ibitajyanye usubizwa ibitajyanye baramwogeje ariyogeza
हिन्दी


@kasaro05 Ubundi ndashaka karenzi azatumanurire imiriro uko rasta yatumye kiyovu ibura igikombe impaka zicike @skfm_93_9

@DrDamascene Icyi nicyo nyakubahwa @DrDamascene murwego rwo kudukundisha ururimi ntakuntu ibigo bya leta byose byashyirwa mu kinyarwanda aho kubanza ururimi mva mahanga nka RIB,REB,RGB,… murakore
Indonesia

DUHAMYE UMUCO WO KWIGIRA NO KUNOZA IMIVUGIRE N’IMYANDIKIRE Y’IKINYARWANDA
Inama y’igihugu y’Umushyikirano ya 20 mu bintu by’ingenzi yibanzeho, duhereye ku butumwa nyamukuru bwa Nyakubahwa Perezida wa Repuburika, harimo amahitamo u Rwanda rwafashe yo gushingira iterambere ry'igihugu ku ndangagaciro z’umuco nyarwanda cyane cyane iyo "kwigira" no "kunoza imivugire n’imyandikire y’ururimi rw’ikinyarwanda".
1) Indangagaciro yo KWIGIRA ni ingenzi, niyo izadufasha gukomeza kuva mu bukene no kugera ku bukire buhagije, tutishinze kubeshwaho n’inkunga y’abandi nkuko abanyarwanda babivuga ko “ak’imuhana kaza imvura ihise”. Intego yo kwigira twubakiye ku muco wacu irashoboka kuko ibihugu byose byashoboye gutera imbere ni ibyubakiye ku ndangagaciro na kirazira z’umuco wabyo. Ingero ni Ubuyapani, Singapour, Ubushinwa, Koreya n’ibindi. Ntitugomba gutakaza kuba abo turibo. Nibyo bizadufasha kureba kure tugahitamo ibidukwiriye n’uburyo bwacu bwo kubishyira mu bikorwa. Kwigira bigomba kandi gushingira ku yindi ndangagaciro yo gukorera hamwe iteka, hose no muri byose. Ubumwe bwacu nizo mbaraga zacu.
2) Aha niho ikinyarwanda gifitiye akamaro kuko kuba abanyarwanda twese dufite ururimi rumwe twumvikanaho hose mu gihugu, ni amahirwe ntagereranywa adufasha kwihutisha ihererekanyamakuru n’ibikorwa byose by’iterambere. Kuvuga neza ikinyarwanda ntibitwambura ubisirimu. Ntibitubuza kuba aba “Stars”, ntibitubuza kwiga izindi ndimi no kuzimenya neza. Ntitugomba kwangiza ururimi rwacu, kurusuzugura, kuruvanga n’indimi z’amahanga n’ibindi byonnyi byose birwangiza.
3) Mu Umushyikirano hagaragaye uburyo abantu bamwe bangiza ireme ry’ikinyarwanda batabizi kandi batabishaka.
Ingero:
- Inshinga “guhereza” hari abarikoresha mu mwanya w’inshinga “guha” cyangwa “gutanga”. Urugero: Ntibavuga guhereza undi akazi, bavuga guha undi akazi (kanaka yampaye akazi). Ntibavuga guhereza undi inka, bavuga gutanga inka (kanaka yampaye inka). Ntibavuga guhereza igihembo, bavuga gutanga igihembo, guhabwa igihembo. Ntibavuga guhereza undi amahirwe, bavuga guha undi amahirwe cyangwa gutanga amahirwe. Guhereza rikoreshwa cyane cyane mu mihango ya Misa ya Kiliziya gatorika.
- Inshinga "gukurikirana" no "gukurikira" nazo hari abazikoresha nabi. Urugero: Ntibavuga “nakurikiranye” ikiganiro kuri radiyo, bavuga “nakurikiye” kuri radiyo;
- Inshinga "kumvisha" no "kumva". Urugero: Ntibavuga “ibyo wambwiye nabyumvishije”, bavuga “nabyumvise”;
- Inshinga "gukomeza": ntibavuga “turabasezeranya ko turakomeza gukoresha imbuga nkoranyambaga, bavuga “tuzakomeza” cyangwa “dukomeza”, “turi bukomeze”;
- Andi magambo y’ikinyarwanda akunze gukoreshwa mu buryo butaribwo ni “amanama” aho kuvuga “inama”, “amakwe” aho kuvuga “ubukwe, “amasano” aho kuvuga “isano” n’andi nk’ayo.
- Hari n’amagambo y’amanyamahanga cyane cyane y’ikirundi dushyira mu Kinyarwanda kandi atari byo, dufite n’ayacu yakoreshwa. Urugero : intumbero ntiribaho mu Kinyarwanda. Bavuga intego cyangwa ikerekezo/icyerecyezo. Hari n'abakunze kuvuga ngo ubushakashatsi "bwimbitse". Twavuga ubushakashatsi "bunoze", "bwuzuye", "bucukumbuye";....
Tuzakomeza kungurana ubumenyi, tubungabunga ururimi rwacu ruduhuza. Mugire umunsi mwiza.
Filipino

@rukacarara Abarezi bari kugurisha ibihugu kuri macye ngo diplomacy
Indonesia

Twaje kubona muri gukwepana nibibazo H.E arababaza kuko mwaratwirengagije cyane🤣🤣🤣 “rutwitsi” ukuntu mwayihagurukiye iyaba ariko mwahagurukiraga ibirimo urubyiruko kwihangira imirimo bitari leta kuduhangira imirimo 🤷🏻♂️nanone igihugu nicyacu twese ubwo ibyo nibyo byihutirwa🙏
Dr. Jean Damascene BIZIMANA@DrDamascene
Mu bibazo byihutirwa igihugu kigomba gukemura harimo kubumbatira umuco, kwigira ku mateka no kurinda ururimi rwacu ruduhuza twarazwe n’abakurambere.
Indonesia

Nyakubahwa @DrDamascene mubanze mukosore imfasha nyigisho ziri mumashuri kuko biratangaje kwiga hafi igihembwe cyose kubyanyaburayi Ark amateka avuga ku rwanda igihe kinini bayatwigishije ni ibyumweru 3, none umusaruro waba uwuhe?
Dr. Jean Damascene BIZIMANA@DrDamascene
Amahirwe dufite nuko abanyarwanda 100% bemeje ko basangiye amateka, umuco n’ururimi rwabo. Ibi ni ubushakashatsi ku ishusho y’ubumwe n’ubudaheranwa 2020-2025 bwabyerekanye. Gen-Z rero ikeneye umuco n’amateka. Utazi iyo ava ntamenya iyo ajya. Ngayo nguko.
Indonesia

@kanisekere Ibi nibigambo abatanga akazi batwogesha mumutwe mn ngaho tekereza ako kazi bakwirukanyeho ari business yawe🤷🏻♂️
Filipino

@jnabdallah @jnabdallah urubyiruko ntg rukennye kuko ari abanebw cg ark ntangamba ziriho ku bato(youth), ko zibarengera hagasubiwemo (taxes,fines) kuko amahirwe mensh youth ugitangir arahomba ntacyo aba afashijw,
muri byinsh byiza igihugu cyiduha twizey ko nibi ari ikibazo cy igihe murakoz
Filipino

Nyuma yo kubereka amahirwe Igihugu gishyira hamwe ngo imirimo iboneke mwatubwiye ko :
1)- Hari abatabimenya
2)- Abumva ko hari abo bigenewe
3)- Abandi bati Millenials (Gen Y) ntibazi #needs za Gen-Z na Gen- Alpha.
🙏 Byose twabyakiriye neza, turabikosora.
Namwe mwisuzume👇🏿

Indonesia

“They were better than us.. But in the end, I’m also quite sad of the behavior of the Senegalese fans” -Morocco fan following 1-0 defeat to Senegal in the #AFCON2025 final
English

Nyamara ibi bintu birababaje biteye n’agahinda💔
Ibaze gufata umwana w’urubyiruko wavuze ko akennye ugahita umushyira mugatebo kamwe n’abanzi b’igihugu.
Ubu hari uwabonye iyi post ya Kabagambe yarasanzwe azi uyu mukobwa agahita yishyira mumutwe ko ari kimwe nabo bagabo.💔🥲
Cyakora cyo ntawamenya wasanga hari amakuru wenda Kabagambe amufiteho twe tudafite akaba aribyo byatumye amushyi mugatebo nabariya bagabo…. Naho ubundi bitabaye ibyo byaba bibabaje.
🏃Nkigendera

Filipino















