@MoonLigthtx@FranckNgal87150 Those are Rwandan refugees living in France, that boy was beating his sister, and he has been punished and jailed due to evil acts
S. E Pasteur Bizimungu president wa mbere mu Rwanda wavuye ku butegetsi ntiyicwe cg ngo Afungwe kuva Republika yasimbura ubwami , abandi bose bicwaga Na MRND na Parmehutu ! Ni cyemeza ko RPF ariyo ntangiro ya Democlatia n ' ubwisanzure bwa buri wese mu Rwanda .
🚨Breaking news
Mukaruziga Shakira yari "SlayQueen" mpuzamahanga aho yahuraga na ba Davido na Kizz Daniel n'abandi. Mu gihe cye yakanyujijeho kugeza n'aho yakoreye $40,000 umunsi umwe ayahawe n'igikomangoma cyo muri Nigeria.
Gusa byose byaje kurangira ahindutse imbata y'ibiyobyabwenge, asigara ntakintu afite none ubu ari kugororerwa mu Kigo Ngororamuco cya Gitagata.
Ni irihe somo bashiki bacu bakur hano?
Inama wowe wabagira?
Yigeze gukorera $45K umunsi umwe!
Mukaruziga Shakira yari "SlayQueen" mpuzamahanga aho yahuraga na ba Davido na Kizz Daniel n'abandi.
Yakanyujijeho ku buryo hari n'ubwo yakoreye $45,000 umunsi umwe ayahawe n'igikomangoma cyo muri Nigeria.
Gusa byose byaje kurangira ahindutse imbata y'ibiyobyabwenge, asigara amara masa none ubu arimo kugororerwa mu Kigo Ngororamuco cya Gitagata.
(IGIHE)
Kuki Rwanda Premier League yacitsemo ibice ku itangwa y'igikombe cya shampiyona?
Hakirwa amakipe yo muri Sudani ngo bakine Rwanda Premier League, icyari kizwi kugera no muri CAF ni uko batazahagararira u Rwanda mu mikino ya CAF.
Iyi niyo mpamvu aya makipe (ikipe za mbere) bagiye gusubira iwabo gukina kamarampaka/playoffs izabahesha itike yo gukina imikino ya CAF, maze mu Rwanda hagasigara ikipe za kabiri zakina shampiyona yo muri Sudani.
Ikindi cyahise gifatirwa umwanzuro byari uko aya makipe atazabona amafrw bijyanye n'umwanya yasorejeho kimwe n'atangwa n'abafatanyabikorwa ba shampiyona nka Startimes.
Icyo Abanya Sudani bashakaga baza mu Rwanda byari ukubona ahantu heza hatuma bitoza bakanakinira imikino nyafurika.
Ubwo Al Hilal yari itangiye kwerekana ko ari umuriro wo kotera kure havutse ingingo ngo: hazatangwa ibikombe bibiri, icya Al Hilal (mpuzamahanga) n'icy'ikipe yo mu Rwanda izaba ari iya mbere.
Ikibazo cyibahijwe n'abategura cyabaye izina ry'i yo gikombe cya kabiri, ikipe yo mu Rwanda nziza?
Nibutse ko muri Tour du Rwanda icyo gihembo kibaho cy'Umunya Rwanda mwiza ariko ntikiba ari yellow jersey yahawe uwa mbere, kiba ari igihembo yihariye kitanagereranwa na yellow jersey.
Hari amakuru ko muri RPL hari abashyigikiye ko hatangwa igikombe cya shampiyona kitarobanuye ku bwenegihugu kuko amakipe yose yakinnye imikino ingana, ahubwo kigendeye k'uwahigitse abandi.
Ibi ariko ntibizakuraho ko ikipe ya mbere yo mu Rwanda izabarwa ko yatwaye shampiyona 2025-2026.
Ese byari kugenda gute iyo ikipe yo mu Rwanda ariyo iba iya mbere?
❓ Hari gutangwa n'igikombe cy'iyabaye iya mbere yo muri Sudani?
Hari igitekerezo cyatanzwe ko Al Hilal ya mbere yazahabwa za miliyoni 80 FRW ariko igikombe kigahabwa iya mbere yo mu Rwanda.
Naho abandi bakemeza ko nta gisobanuro bifite, ko ahubwo Al Hilal yahabwa igikombe ntibone FRW kuko yo si ayibura i Khartoum nubwo ntawanga ijana mu rundi.
Ubwo bakinaga shampiyona ya Mauritania mu 2024-2025, batwaye shampiyona bakurikirwa na FC Nouadhibou yo muri Mauritania.
Hatanzwe ibikombe bibiri, icy'icyubahiro cya Al Hilal n'icya FC Nouadhibou.
Iyo usuye imbuga z'aya makipe zombi zanditsweho ko begukanye shampiyona 2024-2025.
Ikibazo gisigaye rero begendere mu mujyi wa Mauritania, hatangwe ibikombe bibiri cg kimwe ubwo umushyitsi akaba yabaye umusangwa akirinda gusa gusambaguza ibyo asanze .
#CookoInkokoKoko#WinnerRwanda#RPLonlyonStarTimes
@Nadia_MUGUNGA1@kanisekere@BruceIntore Gabanya ubuhwinini ! None se King James wimyaka 36 angana na Shakira wa urengeje 50? Fully Ipupa se we uwo muziki ntawukorera muri France? Na King James rero ibi mu Rwanda birahagije!
Fu*k Show Bizz Nyarwanda , Fu*K all the Media Behind the Ben &Melody nanjye ntikuyemo .
Twishe Umuziki nyarwanda ,tubeshya abanyarwanda ngo kubera udufaranga twa Ruswa tudasobanutse .
navuze ko James ari Bigger than Ben,Bruce,Mbonyi. Day 2 turayishaka @BruceIntore ??? how ??
🚨𝐀𝐌𝐀𝐊𝐔𝐑𝐔 𝐌𝐀𝐒𝐇𝐘𝐀🚨
Urukiko rw'Ibanze rwa Nyarugenge rwahamije Shema Arnold de Bosscher uzwi nka DJ Toxxyk ibyaha yari akurikiranyweho, rumuhanisha gutanga ihazabu ya miliyoni 1,5 Frw no gukora imirimo y'inyungu rusange mu gihe cy'amezi atatu ariko asubitse mu gihe cy'amezi atandatu.
Rwategetse ko DJ Toxxyk ahita arekurwa icyemezo cy'Urukiko kikimara gusomwa.
Tuganire
Yego Ouattara yishyuye igitego kuri Peno
Ariko Akazi k’umunyezamu Hakizimana Adolphe umenya karuta aka bagenzi be bose
Saves yakoze ni nyinshi kandi zikomeye
Umenya yari kuba man of the match atsinze Ndayishimiye Richard , 3. Bassane Aziz na 4. Ouattara