TUJYE INAMA #DutegeBus 🎤
Nakora urugendo rwa 30min n’amaguru kuva mu rugo njya ku cyapa. Ishuri abana bigaho nta bus ihari ubwo na bo tuzajya tujyana. Aho bus yadusiga kugera ku ishuri harimo 15min, nkongera ngasubira gutega, ikansiga ahandi nagenda indi 20 ngo ngere ku kazi…
@mfabrouce@RobCyubahiro Ubwo se batinyutse bavuga ibyo? Cyakora ndumiwe koko , ntibanavuze bati habeho za douche irimo udukoresho abantu bigishwe koga basoje imirimo y amaboko nibura bo bahise binubira umunukoooo
"Mbega inkuru inshimishije, satani amwakire mube nubundi yari yaranzengereje nakomeze kuruhukira mu muriro w'iteka ntamazi yamvomeraga niboneye umwanya w'umwanditsi kuri TGI ni njyewe wakurikiraga kuri waiting list"
Amakuru ataremezwa n'inzego zibifite mu nshingano aravuga ko kuri sitasiyo ya Polisi ya Busasamana mu karere ka Nyanza hafungiye umwanditsi w'urukiko rw'ibanze rwa Gatunda mu karere ka Nyagatare n'umubyeyi we(se umubyara) usanzwe ari umwanditsi w'urukiko rukuru urugereko rwa Nyanza bakekwaho kugira uruhare mu rupfu rw'umwanditsi mu rukiko rwisumbuye rwa Huye wasanzwe muri rigole yapfuye mu mudugudu wa Rugarama mu kagari ka Rwesero mu murenge wa Busasamana mu karere ka Nyanza.
Ni nyuma yaho uriya mwanditsi w'urukiko rw'ibanze rwa Gatunda wanakoranye na nyakwigendera yanditse amagambo kuri Whatsapp agira ati"Mbega inkuru inshimishije, satani amwakire mube nubundi yari yaranjengereje nakomeze kuruhukira mu muriro witeka ntamazi yamvomeraga niboneye umwanya w'umwanditsi kuri TGI ni njyewe wakurikiraga kuri waiting list"
Twizerimana Jean de Dieu w’imyaka 22 wo mu Karere ka Nyabihu arembeye kwa muganga, nyuma y’uko agerageje kwiyahura bitewe n’umujinya bikekwa ko wakuruwe n’uko iwabo banze kumutekera umureti n’ibirayi byo mu mavuta bizwi nk’ibya mucoma.
Inkuru irambuye ⤵️🔗
tinyurl.com/ycxbbmj5
Abashakashatsi bo muri Kaminuza ya Connecticut muri Amerika, bakoze isesengura ry’amashusho ya satellite bitegereza uko ikarita y’Isi igenda ihinduka mu masaha y’ijoro. Icyo babonye ni uko u Rwanda ari kimwe mu bihugu bimaze imyaka myinshi bihinduka ku buryo mu ijoro haboneka urumuri umwaka ku wundi bitewe n’ubwiyongere bw’amashanyarazi.
Inkuru irambuye⬇️
igihe.com/amakuru/rwanda…
Muraho neza Hon Min @nsanzimanasabin na @RwandaHealth Mvuye kwikuza iryinyo kuri UNITED DENTAL CLINIC Ltd , banca Ibihumbi 5k bya Consultation nibindi 20k byo kunkura iryinyo, Mbasabye ko bampa Facture Igaragaza ubwishyu bambwira ko bisaba kubishyira muri system kandi ko babishyize muri system nahita nishyura ibihumbi 100k na 7k Aho ubwo aba Baganga sabagiraneza baba bashaka ko aba client tudahendwa??😃