
“Turifuza ko abazunguzayi bakabaye ntabahari. Kuko badahari nta muntu wajya kubafata. Uyu Mujyi kugira ngo ube usa neza uyu munsi hari igihe bisaba gufata ibyemezo bikomeye.” Emma Claudine Ntirenganya, Umuvugizi w’Umujyi wa Kigali, avuga ko abazunguzayi badakwiye kuba bahari.





















