Moris Man Maurizio
525 posts

Moris Man Maurizio
@maurixman
Cool Man😎
Kigali Rwanda Katılım Mayıs 2022
5.4K Takip Edilen4.7K Takipçiler
Moris Man Maurizio retweetledi

Moris Man Maurizio retweetledi

You all went silent as if nothing happened last night🤷🏽. No tweets, no trolling memes… just the sound of Man United fans crying in silence. Come out of hiding guys😂. I can’t hear the Kelele🔊. Murasetsaaaa! Tuzanagitwara ahubwo #UCL
English
Moris Man Maurizio retweetledi

Great match between Visit Rwanda partner teams @Atleti and @Arsenal.
Congratulations to Arsenal FC on the win and qualification for the UEFA Champions League Final. May the best #VisitRwanda partner team win!
English
Moris Man Maurizio retweetledi

IBARUWA IFUNGUYE😌❤️…
Nshuti yanjye Prius n’ubwo nkwizera nkagukekamo ubudahemuka ariko nasanze utagira ukuri😭.
Nk’ubu waje bavuga ko uri ntamakemwa mu minywere, bamwe bakemeza ko rimwe na rimwe wishakamo ubushobozi bwo kuba wava i Kigali ukagera i Musanze ufite inyota( Nta Lisansi wanyweye), ariko naje gusanga uri baringa😭. Batubeshyaga ko wifitiye Battery yagufasha kugenda nta Lisansi wanyweye🙊😭😭.
Ugira utya ukerekana ko wifitemo ubwo bushobozi bwo kugenda ntakintu wanyweye( Abakuzanye mu Rwagasabo, baje bavuga ko ukoresha byombi(Hybrid), ko ufite ubushobozi bwo kwikoresha(Battery) ndetse no kunywa Lisansi ariko ukanywa gacye), ariko ibi byose nasanze ari igihuha😭.
Ugira utya ukanyereka ko ndamutse nkwitwaje nkajya i Huye mvuye mu Miduha(Kigali) wanywera ibihumbi 30frw, ariko iyo nkujyanye tugaruka wenda kusaza( Uba wanyweye nkutagira gahunda).
Impamvu nkwandikiye: Ndagusaba kandi nkomeje , niba ufite amatwi n’umutima nama urebe aya Matangazo ya RURA🙊, dore ubu Litiro imwe y’ikinyobwa cyawe irenda kugera ku bihumbi bitatu😭😳.
Niba unkunda kandi ukaba ushaka ko dukomezanya , ugabanye ibintu byo kunywa nka Yakamwana🙏. Cg se niba wumva bidakunda , umbwire n’ibere inshuti na Spiro😂😌?.
Murakoze, ni inshuti yawe MANAGER🫂❤️🙌.

Indonesia
Moris Man Maurizio retweetledi

𝗔𝗠𝗔𝗞𝗨𝗥𝗨 𝗠𝗔𝗦𝗛𝗬𝗔
Ku nshuro ya mbere, Leta Zunze Ubumwe za Amerika yavuye ku izima ikoresha inyito iboneye ya Jenoside yakorewe Abatutsi. Ni nyuma y’imyaka myinshi iki gihugu cyarinangiye.
Ubutumwa bwashyizwe hanze n’Ibiro bya Amerika bishinzwe Afurika mu Ishami rishinzwe Ububanyi n’Amahanga, bugira buti “Mu gihe cyo Kwibuka, twunamiye inzirakarengane za Jenoside yakorewe Abatutsi, tunazirikana amarorerwa ndengakamere yayiranze. Leta Zunze Ubumwe za Amerika zifatanyije n’u Rwanda mu bumwe n’ubwiyunge kandi zamaganye zivuye inyuma ipfobya no gutesha agaciro Jenoside."

Indonesia
Moris Man Maurizio retweetledi
Moris Man Maurizio retweetledi

@SassyXtr They no longer watch their own clubs as they keep loosing in the league and eliminated in other competitions! Just watch Arsenal to criticize the way Arsenal wins
English
Moris Man Maurizio retweetledi

“Iyo abantu bemeye kumurikirwa n’urukundo rw’Imana babona abantu nk’uko Imana ibabona, bakabakunda nk’uko Imana ibakunda, bakarenga n’ibibi byabo bakabakira, bakabakorera ibintu by’ingirakamaro, bakumva ko bari mu maboko y’Imana.”
archdioceseofkigali.org/paruwasi-ruhuh…
Filipino
Moris Man Maurizio retweetledi

Ubu dufite itegeko rishya (N° 014/2026 ryo ku wa 06/03/2026) rigenga ikoreshwa ry’umuhanda. Ryasohotse mu igazeti ya Leta ejo hashize tariki ya 10/03/2026, bivuze ko ubu ari ryo riri gukurikizwa. minijust.gov.rw/fileadmin/user…
Indonesia

Oya sha!
TWAHIRWA Alphonse@TwahirwaIpha
Nyuma y'imyaka 13 nkorera @flashfmrw ,bibaye ngombwa ko mpava ubu sinkihabarizwa. Abo twahamenyaniye mwarakoze cyane kandi na #Flash nzahora nzirikana ibihe byiza nahagiriye,ubu ntangiye urugendo rushya hanze yayo. Gahunda ni #Ubusesenguzi #Ubwino n'#Agaseke #Rwanda
Indonesia
Moris Man Maurizio retweetledi

Max Dowman became @Arsenal’s youngest-ever player in the FA Cup during their 2–1 win over Mansfield Town ⭐
He’s only 16 years and 66 days old 😲


English

@oswaki Buriya umufuka wa 100kg zibishyimbo ngo bongeramo nka 10kg zamabuye yumusenyi
Indonesia

@KabagambeI Nubu ashatse yabukora. Kuba uzamusabira birahagije ngo intwererano ziboneke zirenze iyo budget
Indonesia
Moris Man Maurizio retweetledi

Padiri Majyambere Jean d'Amour, Umuyobozi wa E.S.Sainte Bernadette Kamonyi, Padiri Muvunyi Innocent, Umuyobozi wa Seminari Nto ya Kabgayi, Padiri Majyambere Felix, Umuyobozi wa St Ignace TSS, Padiri Gérard Hakizimana, Umuyobozi wa Nzuki TSS, Padiri André Mbarushimana na Padiri Jean Baptiste Twambajimana n'abandi bapadiri bayobora Amashuri Gatolika ya Diyosezi ya Kabgayi baserutse mu mukenyero n'umwitero uranga umuco Nyarwanda mu gitaramo cy'umunsi wahariwe umuco mu mashuri ya Diyosezi ya Kabgayi.
Kubona Padiri mu mwitero n'umukenyero aho kuba mu ikanzu asanzwe amenyerewemo ni ikimenyetso ko ukwemera kudakuraho umuco. Ahubwo ukwemera kuzima gufatira ku muco.
Kiliziya yemera ko habaho guhuza ukwemera n'umuco, ubukristu ntibube ubukuraho imico y'ibihugu ahubwo kukayimurikira.
Ukwemera gufitanye igihango gikomeye n'umuco kuko ukwemera kubakira ku muco n'umuco ugahabwa igisobanuro kisumbuyeho n'ukwemera. Byombi biruzuzanya bigafasha umuntu kuba umuntu nyamuntu.
Ni yo mpamvu Kiliziya ishishiriza abantu guha agaciro imico yabo kugira ngo ukwemera gusanga buri muntu mu ntekerezo ndangamuco ye.
Ukwemera ntikwambura umuntu umuco we. Gusa no ku rundi ruhande ntawe ukwiye kwanga kwakira ukwemera yitwaje kurwanira ishyaka umuco we.



Indonesia
Moris Man Maurizio retweetledi

#Mituweli: Niba urugo rwanyu rwinjiza frw 120,000 kuzamura, muzajya mwishyura frw 20,000 ku muntu ku mwaka
Uri mu ruhe rwego muri Sisitemu Imibereho?
Reba umusanzu wa mituweli ugomba gutanga ariko unarebe ukuntu mituweli isigaye yishyura ubuvuzi bw'indwara zikomeye.
Ikindi gishya ni uko ibigo nderabuzima bizajya byohererezwa mbere amafaranga yo kugura imiti n'ibindi bikoresho.

Indonesia

Umuyobozi mukuru wa @REBRwanda wungirije Dr. Flora Mutezigaju, mu kiganiro kuri KT Radio yabwiye umunyamakuru ko igihano cyo kwirukanwa burundu cyahawe umunyeshuri wamennye amazi mu bikoresho bya bagenzi be kidakwiranye n’ikosa yakoze.@ktradiorw #Rwanda

Indonesia











