Mwenengango🇷🇼 retweetledi
Mwenengango🇷🇼
67 posts

Mwenengango🇷🇼 retweetledi

Happy birthday Afande @PaulKagame. May you have many more. Thank you for your exemplary leadership that is a beacon for Rwanda, the region and Africa. Long live the friendship and strategic alliance between our two countries.

English
Mwenengango🇷🇼 retweetledi
Mwenengango🇷🇼 retweetledi

This afternoon at Urugwiro Village, President Kagame received Former Nigerian President Olusegun Obasanjo, who is serving as one of the facilitators of the merged Luanda-Nairobi peace process for eastern DRC. They discussed the situation in the region, along with various key issues of continental and global significance. The two leaders shared insights on pathways toward stability, cooperation, and progress.


English
Mwenengango🇷🇼 retweetledi
Mwenengango🇷🇼 retweetledi

Ese koko hari igihe kizagera abakoze Jenoside bakihana, bakatura by'ukuri, bakavuga aho bajugunye imibiri y'abacu, igashyingurwa mu cyubahiro?
Ibaze niba nyuma y'imyaka 31 Jenoside ikorewe Abatutsi, @BugeseraDistr, @NyamataBugesera ku muhanda mugari haboneka imibiri isaga 320?


Indonesia
Mwenengango🇷🇼 retweetledi
Mwenengango🇷🇼 retweetledi

#Rubyiruko,
Bana bacu, bana b’u #Rwanda
1. Izi social media ntizikabashuke ngo zibakururire mu gukora ibyaha.
🛑 Kubahuka icyumweru cyo #Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi ukumva cyaragutindiye, ukumva ukumbuye gukora ibyawe byo kwishimisha, ni ibyaha bitihanganirwa. Nimusigeho.
2. #Kwibuka ni igikorwa dukora twubahiriza amategeko n’amabwiriza y’Ubuyobozi bwacu.
—Ntidukwiye gucikamo ibice tubazanya ngo kuki uyu ntacyo yanditse, kuki ataririmbye, kuki atanditse igitabo? Oya rwose.
—Kwibuka ni igikorwa gikora ku marangamutima yacu ku buryo butandukanye.
i. Muri twe harimo abantu bafite ibikomere bitarakira, harimo abafite ubumenyi buke ku mateka, dufite kandi abafite imiryango yakoze Jenoside bacyiyumvamo ipfunwe nabo batariyakira, twifitemo n’indyarya bazi ukuri kw’ibyabaye ariko bicecekera cg bakigisha uburozi abana babo,…
ii. Hari abo tubona bashabutse mu minsi yindi, bagera mu gihe cyo Kwibuka bagakonja, ntitubacire urubanza ahubwo tuzabategurire gahunda y’umwihariko yo kubatega amatwi.
✍🏿 Cyakora mbijeje kuzabatumira (abahanzi, abakinnyi, abanyamakuru, influencers, aba-star,…) mu gihango cy’urungano, abazabishobora (abazabohoka) bazaganirize urungano ibikomere bafite dufatanye komorana no kuvurana.
3. Ubwinshi bw’abafite ingengabitekerezo ya Jenoside cyane cyane mu Rubyiruko ntibuzatubuza :
—Kubahana (amategeko azubahirizwa)
—Kubarwanya
—Kwamagana ingengabitekerezo ya Jenoside aho iri hose
🛑 Jenoside yakorewe Abatutsi yakozwe izuba riva,
Urugero: Niba abagabo (aba-papa) barayikoze, abagore babo barabimenyaga, abana babo barashungereye cg bari ku mashuri, hari benshi batahanwe cg batagize icyo bavuga, …kuba ingengabitekerezo ikiri nyinshi, hari benshi bataravugisha ukuri kandi tubana umunsi ku munsi.
#Rubyiruko rero,
—Urugamba ruracyahari, abeza ntimucike intege, dukeneye kuba benshi tukarusha imbaraga ababi baturimo, abakoresha social media tugahangana n’abapfobya bakanahakana Jenoside yakorewe Abatutsi.
END
Indonesia
Mwenengango🇷🇼 retweetledi
Mwenengango🇷🇼 retweetledi

Uyu mutubuzi wiyita umushoramari akomeje kuyora amafaranga yabanyarwa abaka amafaranga akababwirako abakubira ayo bamuhaye akabagarukira yabaye menshi @RIB_Rw mutabare




Filipino

@CAGUWA_2 @coachgaelk Ubundi harya ayiguze amafaranga yayaha nde buriya rayon iba iyande
Filipino

Uraho neza @coachgaelk !
Nanditse iyi tweet nyuma yuko naraye mbonye ubutumwa bwawe bwuko ushaka kugura Rayon Sport.
Gusa ndakubwiza ukuri ko iriya ntakipe irimo kuko umupira warabananiye bigira mumigati ikindi abakinnyi babo barajenjetse cyane ntibashyira hamwe.
Iyo bigeze kubafana noneho urebye imyitwarire yabo warira, kuko bagira amagambo menshi atagira ibikorwa, ikindi bakunda ihangana ndetse n'amatiku noneho byakarusho si abafana bo kwizerwa kuko nibanyabijya iyo bigiye bafana ibyo babonye byose, urugero naguha wareba uburyo bari bahindutse abafana ba AZAM FC ndetse na PYRAMIDS FC baje gukina mu Rwanda.
Urebe na saga bateje ejo bundi ngo barambiwe uwari perezida wabo bamwibasira cyane ngo yegure arekere kuyobora ikipe.
Unyomoza atubwira impamvu 1 yashingiraho agura ikipe nkiyo.
🏃Nkigendera

Filipino
Mwenengango🇷🇼 retweetledi

RIB yafunze MUSONERA Germain wari watorewe kuba Umudepite akekwaho ibyaha bya Jenoside
…………..
Amakuru atangazwa n’Umuvugizi w’Urwego rw’Ubugenzacyaha (@RIB_Rw ) Dr. @Murangira_BT ni uko tariki ya 21 Kanama 2024 uwar Kandida Depite MUSONERA Germain w’imyaka 59 yatawe muri yombi acyekwaho icyaha cya jenoside yakorewe abatutsi muri Mata 1994 aho akekwa kugira uruhare mu rupfu rw’umugabo witwa KAYIHURA Jean Marie Vianney wishwe mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Akaba hari na bimwe mu byaha yiyemerera nko kuba kuri bariyeri ziciweho Abatutsi.
Ibyaha bya Jenoside Musonera ashinjwa bikaba byarabereye mu cyahoze ari Komini Nyabikenke ubu akaba ari mu Murenge wa Kiyumba mu Karere ka Muhanga. Musonera Germain mu gihe cya Jenoside akaba yari Encadreur (Ushinzwe Urubyiruko) w’Urubyiruko muri Komini Nyabikenke.
RIB ivuga ko nyuma y’uko yakiriye ikirego taliki 19/07/2024 gishinja Musonera kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsiyahise itangira iperereza, nyuma Ubugenzacyaha bukaza gusanga hari impamvu ziremereye zituma MUSONERA Germain akekwa kuba yaragize uruhare mu rupfu rw’umugabo witwa KAYIHURA Jean Marie Vianey wishwe mu gihe cya Jenoside yakorewe abatutsi.
RIB ivuga ko iki cyaha acyekwaho kiri mu byaha bikomeye kandi nawe ubwe ngo kuba hari ibyo yiyemerera byatumye atabwa muri yombi ngo akurikiranwe afunze!
Dr. Murangira yagize ati: “Mu ibazwa rye ry’ibanze Musonera Germain yiyemerera ko mu gihe cya Jenoside nawe yajyaga ajya kuri bariyeri ziciweho Abatutsi kandi akiyemerera ko KAYIHURA JMV yiciwe aho yacururizaga ku kabari ke. Rero mu isesengura ry’Umugenzacyaha izi ni impamvu zifatika zituma akekwa kandi zashingiweho kugira ngo Musonera akurikiranwe afunze”.
RIB itangaza ko ubu MUSONERA GERMAIN afungiye kuri Station ya RIB ya Kicukiro mu gihe iperereza rikomeje dosiye ikaba iri gutunganywa ngo ishyikirizwe Ubushinjacyaha.
Ntacyo RIB yatangaje ku kirego cy’imbunda Musonera yaba yari afite mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi, ashinjwa na bamwe mu barokokeye mu gace k’iwabo mu Ndiza ya Nyabikenke.
Musonera Germain yagarukiye mu marembo y’Inteko, yamaze kwitoza kuzarahira ndetse yarahawe imashini azakoresha nka Depite. Ibirego bimenyekanye, FPR Inkotanyi, Umutwe we wa Politiki wari wamushyize ku rutonde wasabye Komisiyo y’Amatora ko atarahira agasimburwa n’undi. Gusa icyo gihe mu ibaruwa ntiharimo impamvu.
Ntabwo ari mu Nteko gusa Musonera yakumiriwe, kuko amakuru Umuryango ufite ni uko n’aho yakoraga mu Biro bya Minisitiri w’Intebe iyi dosiye ya Jenoside ibyutse naho bahise bamuhagarika mu kazi. Amakuru akavuga kwari ukugira ngo atabangamira iperereza.
UBUTUMWA bwa RIB
…………………………
RIB ivuga ko kuba nyuma y’imyaka 30 hakiboneka abantu batarakurikiranwa ku byaha bakoze muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, ndetse kuba hakiboneka imibiri y’Abatutsi bishwe muri Jenoside, ibi bigaragaza ububi n’ubugome Jenoside yakoranwe, aho hari imiryango yazimye cyangwa uwarokotse akaba atarongeye kumenya amakuru y’abakoze jenoside babiciye ababo.
RIB ivuga ko uko byagenda kose, ukuri kuba kuzamenyekana, kandi abagize uruhare muri jenoside yakorewe Abatutsi bose byanze bikunze ukuboko k’ubutabera kubazabageraho kuko mu mategeko y’u Rwanda icyaha cya Jenoside kidasaza.
RIB ikaba ikangurira abantu bose bafite amakuru kuri Jenoside, yaba ari amakuru ashingiye ku hantu haba harahishwe imibiri y’abazize Jenoside, ku bantu batarafatwa bagize uruhare muri Jenoside cyangwa abakatiwe n’Inkiko Gacaca bakihishahisha, ko gutanga ayo makuru ari ingenzi kandi ko NTA NKURIKIZI IRIMO, ariko kuyahisha bifite ingaruka.
RIB ivuga ko kuba Imyaka 30 ishize Jenoside yakorewe Abatutsi ibaye tugomba kuba tugeze igihe cyo kuba twumva neza ko guhisha amakuru cyangwa kugira ingengabitekerezo ya jenoside ntacyo bimaze, ahubwo bigira ingaruka. Ko bikwiye ko abantu batanga amakuru babitse, bazi kuri Jenoside kuko ni inzira iganisha ku BUMWE n’UBWIYUNGE.
Inkuru yose kanda kuri iyi link
umuryango.rw/amakuru/articl…

Indonesia

@jnabdallah Buriya Kandi bahabwa Ibyangombwa byo gufungura business
Bagaragaje positive effects gusa nyakubahwa business nyinshi zikora ibinyuranye nibyo zandikishije so follow up nayo iba ikenewe mukamenya service duhamwa .
Indonesia

Twirengagize umuco~brigade
Ariko man:
1. Abagabo n’abagore bakoze kiriya gikorwa cyo kubyinisha abakobwa bambaye ubusa nizo business twahisemo?
2. Ababyinnyi ba Sheba nabo babirinduye umwana w’umuhungu, ni kuriya twahisemo #entertainment 😢?
🤔Ese ni rwo #Rwanda twifuza?

Filipino

@titorutaremara4 Umusaza wacu mwakoze kudutekerezaho iyo gahunda turayikunze cyane
Indonesia

1. Ndifuza kubaha gahunda y’uburyo tugiye kujya tuganira hano kuri X (@titorutaremara4 )
Muri za X zacu tuzajya kuganiriza urubyiryuko ku mateka y’u Rwanda.
1. Amateka ya mbere y’ubukoroni
2. Amateka y’igihe cy’ubukoroni
Indonesia

@titorutaremara4 Yego papa wacu nitwe tuzi u RWANDA twifuza rwose batureke
Polski














