
Ku munsi w'ejo tariki ya 10.05.2026 ku cyicaro cy' umuryango w'abaskuti mu Rwanda abakomiseri ba za komisiyo zidatorerwa bakoze inama y'iteganyabikorwa ry'igihembwe Aho barebye ibikorwa byihutirwa mu muryango w'abaskuti mu Rwanda.
Iyi nama ikaba yatangiye I saa yine za mugitondo ikaba yashoje imirimo saa kumi n'ebyiri za nimugoroba ikaba yari iyonowe na Komiseri Nshingwanikorwa mu Rwanda Bwana LT. Rucyahana Viateur.




Indonesia























































