
Nyakubahwa Minisitiri @nduhungirehe ubutumwa wanyujije kuri X ukavugako twasemuye nabi ibyo wanditse. Turagusaba kujya ubwira abo mu biro byawe bakabudushyirira no mu Kinyarwanda kuko abo uba ubibwira si ab' i Paris,Kinshasa cg se i Bruxel gusa, ahubwo harimo n'abanyarwanda ba Kiyombe,Mushubati naza Kinigi. Muzakomeza kwihangana kugeza igihe ibiro byanyu nawe ubwawe bizakoramo ababwira abanyarwanda ibyo muvuze. Murakoze Wkd nziza Hon


















