Mwene CYILIMA

10.2K posts

Mwene CYILIMA banner
Mwene CYILIMA

Mwene CYILIMA

@MweneCyilima

I am responsible for what I say, not what you understand. #TeamPK

Katılım Ağustos 2012
832 Takip Edilen13.2K Takipçiler
Mwene CYILIMA retweetledi
Janvier POPOTE
Janvier POPOTE@JanvierPopote·
Ugacudika na filime nyarwanda, bwacya bagatangira gukina ko ngo kanaka bamwibye icyangombwa cy'ubutaka cyangwa cya kampani, cyangwa ngo bamushyizeho ibikangisho aragitanga, ubwo bakarira ngo bamutwaye umutungo we. Sinzi niba bibaza ko imitwe yacu ari iyo kwiyogoshesha gusa.
Filipino
1
2
3
434
Mwene CYILIMA retweetledi
Janvier POPOTE
Janvier POPOTE@JanvierPopote·
The Magic Bullet & Hypodermic Needle theories of the press, taught in journalism, are equally relevant for social media influencers today. They communicate with large audiences and shape opinions, attitudes, and even behavior within seconds. @RMC_Rwanda @ARJ_Rwanda @GovernanceRw
Janvier POPOTE tweet mediaJanvier POPOTE tweet media
Rwema Bienvenue@bienvenue_rwema

@JustinNsengima @chrismanzi @DrDamascene @gatjmv @jnabdallah @MoiseNDAKENGER1 @ScoviaMutesi @JanvierPopote Preventing Hates Speech and Promoting digital Peace Building in Rwanda ,Africa, and the world 🌎 #StopHateSpeech

English
2
5
10
1.1K
Mwene CYILIMA retweetledi
Janvier POPOTE
Janvier POPOTE@JanvierPopote·
These theories remind us that communication can have powerful effects on audiences, especially when messages appeal to emotions, fear, identity, or prejudice. In the digital era, a single hateful message can spread rapidly and influence thousands or millions of people.
English
1
1
1
442
Mwene CYILIMA retweetledi
Janvier POPOTE
Janvier POPOTE@JanvierPopote·
Selon les jeunes ayant participé à l’Itorero Indangamirwa, cette formation leur a permis de mieux connaître l’histoire du Rwanda, de renforcer les valeurs culturelles rwandaises, l’amour de la patrie, l’esprit de service, ainsi que l’engagement pour le développement du pays.
Ministry of National Unity and Civic Engagement@Unity_MemoryRw

📢 Jeunes, ne manquez pas cette opportunité ! 🔥 ⏳ Les inscriptions pour l’Itorero Indangamirwa Cohorte 16 touchent bientôt à leur fin. ✅ Inscrivez-vous avant le 1er juin et saisissez l’opportunité de participer à cette formation enrichissante d’éducation civique 🇷🇼 🔗 Inscrivez-vous ici : docs.google.com/forms/d/e/1FAI… #Indangamirwa16

Français
1
36
39
381
Mwene CYILIMA retweetledi
Janvier POPOTE
Janvier POPOTE@JanvierPopote·
@JosephRyarasa At the same time, your concern is valid. A society where public attention consistently prioritizes spectacle over substance risks weakening long-term civic culture. Development require not only institutions that function, but also citizens who remain engaged beyond controversies.
English
0
1
1
76
Mwene CYILIMA retweetledi
Janvier POPOTE
Janvier POPOTE@JanvierPopote·
@JosephRyarasa The pattern you describe is not unique to Rwanda. It is increasingly becoming a global feature of the digital age. Across many societies, algorithms reward emotion, conflict, personality, and immediacy far more than complex policy discussions. #Thread
English
1
1
1
1.1K
Mwene CYILIMA retweetledi
Janvier POPOTE
Janvier POPOTE@JanvierPopote·
Ngo imiryango idaharanira inyungu. "Non-profit organizations" 🤔 Do they really exist? If an organization truly produced no benefit at all (financial, emotional, social, or human) then why would anyone create it, support it, or belong to it? Perhaps we need a better phrasing.
English
3
2
5
849
Mwene CYILIMA retweetledi
Janvier POPOTE
Janvier POPOTE@JanvierPopote·
Exactly. Many people reduce profit to amafaranga gusa, yet in reality human action is almost always driven by some form of gain: impact, influence, fulfillment, recognition, hope, belonging, or social change. So imiryango idaharanira inyungu ntibaho.
Bonaparte Napoleon@Bonapartus

@JanvierPopote I agree with u my brother, but with a slight difference. To avoid #contextomy/ #Misplaced_Concreteness, we need to revisit the "word" & assess if it's been defined in its #Sui_generis (of its own kind) or by #Noscitur_a_sociis (by its associates) Ni ako nibuka muri Linguistics.

English
0
1
1
452
Mwene CYILIMA retweetledi
Janvier POPOTE
Janvier POPOTE@JanvierPopote·
Baca umugani mu Cyarabu ngo NEVER REACT WHEN YOU ARE ANGRY.
Filipino
0
1
2
442
Mwene CYILIMA retweetledi
Janvier POPOTE
Janvier POPOTE@JanvierPopote·
Kigali’s recognition as the first African UCI Bike City reflects Rwanda’s growing commitment to sustainable mobility, sports development, and youth empowerment through cycling. 🚴🇷🇼 .
David Lappartient@DLappartient

🏆🚲 Kigali, Rwanda, receives the UCI Bike City Label, becoming the first African city to earn the distinction. A landmark moment connecting Africa through #cycling and following Kigali’s role in hosting the 2025 UCI Road World Championships. #CyclingForAll

English
0
5
8
443
Mwene CYILIMA retweetledi
Janvier POPOTE
Janvier POPOTE@JanvierPopote·
Never mock people drowning in problems you’ve never faced, life has a way of introducing you to the same situation.
English
0
2
5
285
Mwene CYILIMA retweetledi
Irené Merci MANZI #TeamPK
Irené Merci MANZI #TeamPK@IreneyMerci·
UBUSESENGUZI AKANTU KU KANDI EPISODE1 NINDE URI MUKURI HAGATI YA BISHOP HARERIMANA J.Bosco , UMUCAMANZA na RUDACOGORA Nyiratuza Monique ? IKIREGO BISHOP AREGWAMO IMODOKA N'IBIBANZA BIBIRI BYA RUBAVU UREGA :Rudacogora Nyiratuza Monique urega Bishop Jean Bosco HARERIMANA ,nkuko bivugwa aba bantu bamaranye igihe kinini kitari munsi y'imyaka 14 babana nk'Umwana na Nyina Byaje kugenda bite ngo bashwane kugera naho baregana ? Amakuru ahari ngo nuko Uyu mugore yifuje ko Bishop yamubera Umugabo ,Hanyuma Bishop abyanze undi afata icyemezo cyo Kuva murusengero anjya gushinga urwe rusengero ,kandi ngo byarangiye abikoze asiga asenye urwa Bishop arucamo kabiri abakirisito bamwe barasoka bitandukanya na Zeraphaty Holy church , ibyo byose byabaye mu mwaka wa 2023 batangira, Hanyuma muri 2024 nibwo ibirego byatangiye Amakuru avugako Bishop bamureze ibijyanye n'imodoka ndetse n'ibibanza, Ubwo Rudacogora yatanganga ikirego muri RIB yavuzeko imodoka yarimwanditseho ariko atazi uko yamuvuyeho! Hano wakibaza ngo:Nigute Imodoka imwanditseho yamuvuyeho atabizi ? Ubwo Bishop yisobanuraga, yavuzeko Uwamureze YABESHYE UBUTABERA abigambiriye kuko iyomodoka ntiyigeze imwandikwaho Umwunganizi wa Rudacogora nawe yavuzeko iyi modoka Bishop yayiyandikishijeho ngo akoresheje procration yahawe na Monique hano tukibaza ngo : kuki Monique N’Umunyamategeko we badahuza ? Iki kirego nyuma y'amezi 7 kiri mubugenzacyaha,ubugenzacyaha bwacyohereje mu bushinjacyaha nyuma yuko ubushinjacyaha buyishyinguye buvuga ko ntabimenyetso bihagije bihari. Nyuma yaho nanone,ubushinjacyaha bwaje kuyiregera urukiko rwibanze rwa Gasabo Ubwo Bishop yahamagarwaga n'Urukiko,yaritabye nabunganizi be. Bishop harerimana jean Bosco yagaragaje ko ibyaha aregwa mu mategeko byashaje,asobanurira urukiko ko rudakwiye kwakira icyo kirego batanga INZITIZI Umucamanza yanze inzitizi avuga ko kubijyanye n'imodoka byagaragaye ko icyanditswe kuri Bishop muri 2021 bityo ko inzitizi ku modoka ntashingiro bifite Nyamara iyurebye kuri historique ya RRA usanga Imodoka bamurega yaramuvuyeho kuwa 11/8/2020 Hano wakwibaza ngo kuki hakoreshejwe imodoka itari mukirego?UMUCAMANZA akabikora abibona ariho yahereye avuga ko ku modoka ntabuzime bwabayeho . Ibyo twakwibaza:Ese kuki uyu mubyeyi yatanze ikirego nyuma y'imyaka 8 Imodoka itamwanditseho ? Akabikora aruko asohotse murusengero ? Ubwo Bishop yisobanuraga ari imbere y’urukiko,yavuzeko kuwa 17/10/2022 Uyu mugore yamutumye kumugurira Imodoka ye ndetse imwandikwaho,Umugore aje mu kiruhuko Bishop arayimushyikiriza, Bishop akavuga ngo: narikuba naramuriye Imodoka ye yarangiza akongera akanyizera akantuma ? Umukobwa wuyu mugore aherutse kugaragara ku mbuga nkoranyambaga yemeza ko Nyina ariwe uri mu makosa .Amakuru dufite nuko ibyo bibanza byaguzwe na Bishop harerimana jean Bosco ku wa 11/7/2019 Abiguze na baturage babiri banamukorera mutation ubutaka bumwandikwaho,Rudacogora nyiratuza akarega Bishop avuga ko amafaranga yabiguze araye Ariko Bishop mubusobanuro yatanze ubwo yarimbere y'urukiko,yerekanye Amafaranga yaguze ibyo bibanza ko amwe yayakuye kuri compte ye yo muri Equity Bank andi yarayafite cash Ubwo imyanzuro y'Urukiko yasohokaga UMUCAMANZA yahamije Bishop Harerimana icyaha cy'ubuhemu,akavuga ko Ntacyamwemeza ko Amafaranga Bishop avuga,ko koko yayakuye kuri compte ye yo muri equity bank. Ariko kandi UMUCAMANZA nawe ntiyerekane impamvu yanze kwemerako Ayo mafaranga yaragiye kugura ibibanza ,Kugeza ubu ibyo bibanza byanditse mu mazina y'itorero Zeraphaty Holy church Bishop yasobanuriye UMUCAMANZA ko iyo ashaka kuriganya ibibanza atari kubiriganya abyandika kw’itorero kandi abizi ko umutungo w'itorero ataruwe. Bishop kandi yavuze ko iyo aza kuriganya ibibanza Rudacogora, Atari kongera kumwizera ngo amutume kumugurira ikindi kibanza i Gasogi amwihagarariye Ngayo nguko ayo niyo Makuru asesenguye kubijyanye niriya Modoka Bishop aregwa. Iyo ni EPISODE ya mbere izindi ntizigucike kuko harimo n'inkundo .@oswaki
Irené Merci MANZI #TeamPK tweet mediaIrené Merci MANZI #TeamPK tweet media
2
4
9
12.7K