@joxRubanda@Rwandapolice Ntabwo kamera ifotora imodoka yarenze umurongo mbe re y uko hazamo stop (red) umunyamaguru ntategeko ry umuhanda narimwe aba azi
@PMudakikwa Ni byo navugaga. Ikintu cya mbere kihutirwa ngo bino bintu bikunde neza ni uko amashuri yose yaba afite Bus rwose. Na ho aho abana biga nta Bus zihagera kandi nta yandi mahitamo. Nibakemura iki imodoka mu gitondo zizagabanuka
TUJYE INAMA #DutegeBus 🎤
Nakora urugendo rwa 30min n’amaguru kuva mu rugo njya ku cyapa. Ishuri abana bigaho nta bus ihari ubwo na bo tuzajya tujyana. Aho bus yadusiga kugera ku ishuri harimo 15min, nkongera ngasubira gutega, ikansiga ahandi nagenda indi 20 ngo ngere ku kazi…
Ni nde wabwiye bamwe mu bantu ko inzego z'ubutabera nka @RIB_Rw, @Rwandapolice..., zayobywa n'imbuga nkoranyambaga?
Abantu batawe muri yombi ni benshi mu rwego rw'iperereza ku iyibwa rya mudasobwa muri @rulindodistrict.
Ku birebana na Lamecky ufungiwe kuba ajya gusa n'ifoto AI yahinduye iyikuye ku yo CCTV yafashe, dore ikiganiro naraye ngiranye n'umwe mu bavandimwe be. Namubwiye ko gupima aho intoki z'uwibye ziriya mudasobwa zafashe bizamurenganura niba arengana.
Bernardo Silva asezeye ikipe ya Man City
Agasaza kagize ibihe byiza mu myaka 9 kari kamaze I Manchester birimo na Treble 👌🏿
Hari amakipe yiruhukije tu!
@wajitira@AkayezuJa Ikinyabupfura huh ? 🤔 urikuvuga ko abandi bafte amabere asumbana warangiza ngo ikinyabupfura ! Idiot 😡What goes around comes around.period . So next time Nushaka ko bakubaha nawe ujye wubaha abandi